Mahmud Sibomana - amajwi
umubare wibika: 15
- Ikinyarwanda umwarimu : Abdul Karim Gahutu gusubiramo : Mahmud Sibomana
Uruhererekane rwinyigisho ryiyobokamana muri Islam (isomo ry’ibanze-isomo rya mbere ibice by’imitima 1-Imitima mizima
- Ikinyarwanda gusobanura : Mahmud Sibomana
Agaciro k’umuryango muri islam ni imwe mu nkingi zo kubaka umuryango no mu byingezi nuko urushako rwunga umugabo n’umugore rugashyira umubano mu muryango. isomo rigaragaza Ukuri k’umugabo n’umugore
- Ikinyarwanda umwarimu : Mahmud Sibomana gusubiramo : Mahmud Sibomana
Gusobanura uburozi icyo aricyo n’ububi bw’uburozi mu muryango ingero zigaragaza umurozi , ayat na hadithi zigaragaza uburozi ko ari icyaha ndetse n’umurozi ari umuhakanyi umuntu ntashobora kuba umurozi keretse abanje guhakana imana ALLAH agaragaza ko umurozi n’uburizi bwe byose ni ibya shaytwani kdi na wawundi uzajya mu murozi azaba ari mu bikomeye kdi azbari ari hafi yo kugwa mu buhakanyi imana ibiturinde umenye umurozi ntakamugane kdi namugana iswala ze ntizizemerwa iminsi 40
- Ikinyarwanda umwarimu : Mahmud Sibomana gusobanura : Mahmud Sibomana
Ukwihangana ni ukubuza roho ibitemewe kdi umuntu agomba kwihangana urushaho gutinya imana kubera ko ugutinya allah no kugira ukwihangana mu bintu byose. iyo umuntu yihanganye allah amuhundagazoha ibyishimo akamworohereza ubuzima bwe kwihangana witandukanya n’ibibi no kugendera kure nibyo allah atubuza bya haramu ibyaha no kubuza umutima gukora ibibi
- Ikinyarwanda umwarimu : Mahmud Sibomana
Sheikh yatangiye avuga uGutinya Imana no Kuyubaha ,ibyo Allah yateguriye abamutinya . ijuru ni ukuri ni ikicaro cy’abatinya Imana kdi umuriro mi ikicaro cy’abangizi .abahakanyi Sheikh yavuze kubitatse ijuru n’imapamvu zo kwinjira mu ijuru harimo kwemera Imana no gukora ibikorwa byiza kugira ubwoba ,bwa ALLAH ,gushimishwa n’igeno ry’IMANA , kwitegura umunsi wanyuma no kurwanira inzira ya ALLAH ukoresheje umutima wawe n’umutungo nokugira igihagararo mu dini , ufasha abakene n’imfubyi.
- Ikinyarwanda umwarimu : Mahmud Sibomana
Gutinya Imana no kuyiringira no gutanga cyane mu nzira ya ALLAH mu buryo bwiza Imana yasezeranyije ko uzatanga azongererwa Imana yavuze ukuri, ituro rizabera ubwugamo (igicucu) ku munsi w’imperuka nyiri gutanga no kwinjira mu ijuru no kukurinda umuriro ni byiza gutanga ituro kubera Imana si byiza ko warikurikiza amagambo mabi gutanga umutungo mwiza no gufasha abakene ndetse n’abapfakazi kongera ibikorwa byiza.
- Ikinyarwanda
Sheikh yavuze ko ubutane ari ikimenyetso mu bimenyetso bya allah kdi islam yashimangiye ko umubano w’abashakanye ni uramba si ugutana no ugukomera ni ugavamo Ubutane muri islam ni kimwe mu bintu byiza ariko birakaza imana kdi ni ikinti gifatirwa umwanzuro wanyuma habanje kugerageza kubanisha neza abashakanye no kubahuza kdi ubutane bugira inzira bucamo kugira ngo abashakanye batandukane neza
- Ikinyarwanda umwarimu : Mahmud Sibomana
Islam yategetse gushaka ndetse igaragaza ukuri umugore afite ku mugabo :nko kumuha inkwano kumugaburira kumutuza no kubana mu byiza Kwirinda kubangamira umugore no kumukubita byo kumukomeretsa Kumubwira amagambo meza no kubana mu mahoro n’urukundo kubahana
- Ikinyarwanda
- Ikinyarwanda